HABIMANA Sadi

1310 Articles

Kiyovu Sports na APR FC zaguye miswi

Mu mukino w’umunsi wa 20 wa Shampiyona y’u Rwanda y’umupira w’amaguru, ikipe ya Kiyovu Sports yanganyije na APR FC igitego…

Al-Hilal SC yageze muri ¼ cya CAF Champions League

Al-Hilal SC yakatishije itike ya ¼ cya CAF Champions League nyuma yo gutsinda FC Saint-Éloi Lupopo igitego 1-0 mu mukino…

FERWAFA yashyize igorora abakunzi ba ruhago

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryorohereje abakunzi ba ruhago bifuza kuzareba umukino uzahuza Al-Hilal SC na Saint Eloi Lupopo…

Shampiyona ya Rugby izasorezwa i Rulindo

Nyuma y’amezi atanu amakipe ari guhatana mu bagabo n’abagore, ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’umukino wa Rugby mu Rwanda, bwatangaje ko imikino isoza…

Shampiyona y’Abakozi iri kugana ku musozo

Ishyirahamwe ry’Imikino ihuza ibigo by’abakozi ba Leta n’ibigo by’abikorera , ryatangaje gahunda y’imikino ya nyuma isoza Shampiyona y’Abakozi y’uyu mwaka…

Abakozi ba Rayon Sports bakomeje gusezera akazi

Nyuma yo Ngaboyicondo Roben uhertse gusezera akazi yari ashinzwe muri Rayon Sports, abandi babiri basezeye akazi muri iyi kipe. Ku…

Murenzi na Gakwaya si babi ariko bakikijwe n’ababi – Ngabo Roben

Umunyamakuru w’imikino kuri RadioTV10, Ngaboyicondo Roben uzwi nka ‘Roben Ngabo’, yatangaje ko n’ubwo yatandukanye na Rayon Sports ariko Murenzi Abdallah…

Abarenga 600 basabye akazi ko gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko abatoza 688 ari bo bujuje ibisabwa byo gusaba gutoza ikipe y’Igihugu, Amavubi.…

Amakipe 19 azitabira Igikombe cy’Amahoro cy’Abagore

Nyuma ya tombola yabaye mu makipe y’Abagore, yagaragaje ko amakipe 19 ari yo azitabira irushanwa ry’Igikombe cy’Amahoro cy’Abagore 2026. Ku…

Ishimwe Pierre yahawe ikiruhuko muri APR FC

Umutoza w’ikipe y’Ingabo, Abderrahim Taleb, yatangaje ko umunyezamu we wa mbere, Ishimwe Pierre yahawe ikiruhuko cy’icyumweru kimwe adakorana imyitozo na…