MUHIRE DONATIEN

140 Articles

Ivomo rusange rimaze imyaka 3 rifunze kandi amazi arimo, “bamwe mu baturage bayobotse ibishanga”

Nyamasheke: Hashize imyaka 3 ivomo rusange rifunze kandi amazi arimo, ngo uwarivomeshaga yagejeje amazi iwe, atwara urufunguzo, abandi barikoreshaga ubu…

Umwana ararira ashaka ibere bakamuha telefoni cyangwa ngo reba televiziyo – Padiri arabakebura

Rusizi: Padiri Uwingabire Emmanuel, akaba ari n’umuyobozi w’ishuri rikomeye mu karere ka rya GS. St Paul Muko, yakebuye bamwe mu…

Umugabo uheruka gukatirwa igihano gisubitse arakekwaho kwica umugore we

Nyamasheke: Hari umugabo w’imyaka 44 ushakishwa n’inzego z’umutekano akekwaho kwica umugore bari babyaranye rimwe. Ni uwo mu mudugudu wa Gitwa,…

MINISANTE yatanze icyizere mu gukemura ikibazo cy’abaganga bake mu mavuriro

Rusizi - Ubwo muri Kaminuza ya Kibogora Polytechnic ishami rya  Rusizi, hizihizwaga imyaka 40 ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku bana…

Bibaza icyo imisanzu y’abazamu bacibwa imara mu gihe Isoko ryabo bibwa, bakanaryitumamo

Nyamasheke: Abakorera ubucuruzi mu isoko rya Bushenge ryo mu murenge wa Bushenge barinubira ko batanga amafaranga y’umusanzu w’abazamu barinda isoko,…

Rusizi – Hari icyuho mu kwitabira gushora imari ahagenewe kubaka inganda

*Komite nshya y’Abikorera yiyemeje kuzamura imyumvire y'abacuruzi Rusizi: Bamwe mu bikorera bavuga ko ubumenyi buke, imyumvire n’ubuhanga ku bijyanye n’inganda…

RIB yavuze ku mugabo ukurikiranyweho gucuruza abana muri Congo

Rusizi: Ababyeyi babiri bagaragarije Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyha, RIB, impungenge batewe n’abana babo b’abahungu bajyanywe n’umuturanyi wabo mu gihugu cy’abaturanyi cya…

Inzu ya Nyirabahinzi yenda kumugwaho – imvura iyo iguye arahunga akugama hanze

Abaturage bo mu mudugudu wa Karambo, akagari ka Shagasha umurenge wa Gihundwe, baratabariza umturanyi wabo witwa Nyirabahinzi Laurence w’imyaka irenga…

Padiri Uwingabire arakebura ababyeyi “basirimutse” bakikuraho inshingano yo kurera

Rusizi: Padiri Uwingabire Emmanuel, uyobora rimwe mu mashuri akomeye mu Karere ka Rusizi yagaragaje ko gutangiza ishuri umwana ukiri muto…

Umwana we yatewe ubumuga bukomatanye n’umuturanyi “wamutsindagiye mu bwiherero”

Rusizi: Arasaba ubufasha bwo kuvuza umwana we, no kwita ku bandi 6 afite, nyuma yo gusigara iheru heru avuza umwana…