Nyuma yo kugorwa n’imvune mu bihe bishize, Neymar da Silva Santos Júnior w’imyaka 34, yongeye guhamagarwa mu kipe y’Igihugu ya Brésil yitegura imikino y’igikombe cy’Isi izakinwa muri Kamena uyu mwaka.
Uyu musore ukinira Santos y’iwabo, yongeye guhamagarwa mu kipe y’Igihugu nyuma y’igihe agorwa n’imvune za hato na hato.
Neymar yamahagawe mbere y’uko La Cerecao ikina imikino ibiri ya gicuti mu mpera z’uku kwezi. Brésil izakina n’u Bufaransa ndetse na Croitie.
Ni umukinnyi ufite impano yo gukina umupira w’amaguru ariko wakunze kugorwa imvune.

UMUSEKE.RW
